Posts

Showing posts with the label SIDA

Byinshi utari uzi ku ndwara ya SIDA.

Image
TURUSHEHO GUSOBANUKIRWA SIDA KUGIRANGO TUYIRINDE KURUSHAHO I-UKO BYIFASHE KU ISI NO MU RWANDA Buri munsi ku isi : abantu 6.800 banduzwa n'agakoko ka sida abantu 5.700 bicwa n'agakoko ka Sida, 73% yabo ni abo muri Afurika yo munsi y'ubutayu. Mu mwaka wa 2009, ababanaga n'agakoko ka sida bari miliyoni mirongo itatu n'eshatu (33 millions), 95% yabo nabo mu bihugu biri mu nzira y'amajyambere naho 70% yabo n'abo muri Afurika yo munsi y'ubutayu. Mu Rwanda ho, ababana n'agakoko ka sida ni 3% II-AGAKOKO GATERA SIDA Agakoko gatera sida kitwa, mu cyongereza, HUMAN IMMUNODEFICIENCY VIRUS (HIV): HIV1 niyo iboneka cyane ku isi yose, HIV2: iboneka muri Afurika y'iburengerazuba, Mozambike na Angola HIV2 yandura gake niyo mpamvu iboneka gake. III-UKO AGAKOKO KA SIDA KAZAHAZA UMUBIRI Agakoko gatera sida, kugirango kabeho kanibaruke , kagomba kwinjira mu turemangingofatizo (cell...

Dore icyo ababyeyi bakora kugirango ntibanduze umwana wabo agakoko ka sida igihe banduye.

Image
BANTU MWARUSHINZE MUFITE UBWANDU BWA SIDA, MWARI MUZI KO MUSHOBORA KUBYARA UMWANA UTANDUYE MURAMUTSE MUKURIKIJE INAMA ZA KIGANGA? Babyeyi rero mubana n’ubwandu bwa sida, mwagombye kumenya ko agakoko ka sida kari mu mubiri wanyu gashobora no kwanduza umwana muzabyara. Umwana ashobora kwandurira munda ya nyina, ariko akenshi yandura mu gihe abyarwa anyura mu myanya ndangagitsina ya nyina aho ahura n’amaraso n’uruzi rwo mu gitsina bya nyina biba birimo udukoko twa sida (mu gihe uruhinja narwo rwaba rwagize udusebe niyo twaba duto cyane ku mubiri mu gihe cyo kuvuka) no mukonka kuko n’amashereka ya nyina aba arimi udukoko twa sida. Hakorwa iki ngo umwana uvuka ku mubyeyi we ubana n’agakoko ka sida abe ashobora kuvuka atanduye? Kubyara umubyeyi abazwe (Césarienne mu gifaransa) bituma uruhinja rudahura cyane n’amaraso n’uruzi rwo mu gitsina bya nyina, bityo kwandura bikagabanuka; Kuhagira uruhinja rukimara kuvuka ako kanya ukoresheje amazi abongamira kubaho no...