IMPATWE (Constipation) Ikibazo cy'umukunzi wa Baza muganga: Mwiriwe? mbandikiye mbasaba ko mwafasha umuvandimwe mu kibazo yagize.Ikabazo cye giteye gutsa,kuva
29 January, 2015
Indwara zatewe n'impanuka
Menya byinshi ku bushye, uko wafasha umuntu wahiye, ndetse n'ibyiciro by'ubushye.
UBUSHYE (Skin burn) Ubushye bushobora guterwa n'ibintu bitandukanye bishobora gutwika uruhu cyangwa se n'umubiri wawe bikaba bukaba hari n'igihe
Indwara z'urwungano nyamaraso, Indwara zo mu mubiri
Kuva imyuna ni iki? ni gute nakwikorera ubutabazi bw'ibanze igihe nyirwaye? ni ryari najya kwa muganga?
KUVA IMYUNA(epistaxis) Ijambo kuva imyuna ni kimwe no kuvuga kuva amaraso mu mazuru. Kuva imyuna bishobora kwizana cyangwa bishobora
Indwara z'uruhu
Menya indwara y'uduheri tuzamo amashyira, ishobora kwinjirira aho bakogoshe kandi ifata abantu bingeri zose cyane abana
UDUHERI TUZAMO AMASHYIRA DUTUTUMBYE Uduheri tuzamo amashyira duterwa n'udukoko twitwa sitafirokoke(staphylococcus) cyangwa sitereputokoke (streptococcus) dutuma uruhu ruzana uduheri turimo
Indwara z'abana, Indwara z'uruhu
Impengeri cyangwa se utubyimba two ku mubiri, ushobora kutwirinda ukaturinda n'abo mubana
IMPENGERI CYANGWA UTUBYIMBA Reba no ku miswa yo mu birenge. Impengeri ni utubyimba duto duterwa na virusi ituma
Indwara z'uruhu
Indwara y'imiswa yo mu birenge ushobora kuyirinda; kuyivura niba warayanduye; ongera ubumenyi kuri yo
IMISWA YO KUBIRENGE Imiswa yo ku kirenge ikunda kuza ahantu umuntu akandagirira, ibyo bigatuma bigora ko umuntu arinda uruhu
Indwara z'abagore, Indwara zo mu mubiri, Indwara zo mu myanya ndangabitsina
Kuki umugore utwite Muganga amubaza igihe aherukira mu mihango? Dore uko abaganga babara igihe umubyeyi utwite azabyarira, bahereye ku gihe aherukira kujya mu mihango!
ICYO ABAGANGA BAKORESHA KUGIRANGO BAMENYE IGIHE UMUBYEYI AZABYARIRA Ababyeyi benshi bajya kwisuzumisha igihe batwite bakunda kubazwa igihe baherukira
28 January, 2015
Indwara zo mu mubiri, Ubutabazi bw'ibanze
Ni ryari bavuga ko umuntu afite umuriro?, ni ryari najya kureba muganga igihe mfite umuriro? ni gute nakwikorera ubutabazi bw'ibanze mu gihe mfite umuriro?,
KUGIRA UMURIRO Kugira umuriro bisobanura ko ubushyuhe bw'umubiri buba bwarengeje urugero rusanzwe rw'ubushyuhe bw'umubiri. Indwara nyinshi zitera kugira
Indwara z'uruhu, Ubutabazi bw'ibanze
DORE UKO WAKWIKORERA UBUTABAZI BW'IBANZE IGIHE UFASHWE N'INDWARA YO KUBYIMBIRWA MU NZARA
INDWARA YO KUBYIMBIRWA MU NZARA Kubyimbirwa mu nzara ni ukubyimbirwa aho inzara zihurira n'uruhu, zigasaduka kandi zikanavaho. Guca inzara
Indwara z'ubuhumekero, Indwara zo mu mubiri, Ubutabazi bw'ibanze
Ese ko mbabara mu muhogo ni gute nakwivura mbere yo kujya ku ivuriro?, ni iyihe miti nagura?, ni ryari najya kureba muganga?
UBURWAYI BWO MU MUHOGO Impamvu za rusange zitera kubabara mu muhogo ni uburwayi bwo mu rumiriro no gufunga
Indwara z'ubuhumekero, Indwara zo mu mubiri, Ubutabazi bw'ibanze
Indwara yo kutumva iterwa n'ubukurugutwa bwabaye bwinshi mu matwi, dore uko wayivura, imiti wagura muri Pharmacy, n'igihe biba ngombwa kujya ku ivuriro
UBUKURUGUTWA BWAFUNZE AMATWI Ubundi ubusanzwe ugutwi kugizwe n'ibice bitatu by'ingenzi ni ukuvuga ugutwi kw'inyuma(outer ear), ugutwi ko hagati(middle
Indwara z'ubuhumekero, Indwara zo mu mubiri, Ubutabazi bw'ibanze
Sobanukirwa uburwayi bwo mu matwi, umuhaha... uko wazivura, imiti wagura muri farumasi,n'igihe biba ngombwa ko ujya kwa muganga
IBIMENYETSO BISHOBORA KUGARAGAZA UBURWAYI BWO MU MATWI Impamvu rusange ituma abantu barwara mu matwi, ni ukubyimbirwa mu matwi,
27 January, 2015
Indwara z'urwungano rw'ibiryo, Indwara zo mu mubiri, Ubutabazi bw'ibanze
Dusobanukirwe n'inzoka zo mu nda
INZOKA ZO MU NDA(Enterobius vermicuralis) Inzoka zo mu nda n' indwara isanzwe ku bana bari hagati y' imyaka
Indwara z'ubuhumekero, Indwara zo mu mubiri, Ubutabazi bw'ibanze
ICYOREZO CY' IBICURANE(INFLUENZA), KIZAHAZA KURUSHA IBICURANE BISANZWE DORE UKO WACYITWARAHO
ICYOREZO CY' IBICURANE(INFLUENZA) Icyorezo cy'ibicurane mu ndimi z'amahanga bita Influenza ni ibicurane biterwa na virusi(Influenza viruses) zituma mu
Indwara z'uruhu, Ubutabazi bw'ibanze
SOBANUKIRWA IBIJYANYE N'INDWARA Z'URUHU N'UKO WAZIVURA MBERE YO KUJYA KU IVURIRO
SOBANUKIRWA IBIJYANYE N'INDWARA Z'URUHUUmwera uterwa n'umwuka wumye wo hanze, gukaraba inshuro nyinshi, no guhindagurika k'ubushyuhe (igihe cy' ubushyuhe/igihe
Indwara z'urwungano rw'ibiryo, Indwara zo mu mubiri, Ubutabazi bw'ibanze
Dore icyakubwira ko uzarwara Indwara ya Tifoyide(Thyphoid fever), Imwe mu ndwara zivugana abantu kubera kutayimenya neza
TIFOYIDE(TYPHOID) Tifoyide (typhoid) ni indwara igagaragara ku isi hose yandura iyo umuntu ariye cyangwa anyoye amafunguro arimo udukoko dutera
Indwara z'uruhu, Indwara zatewe n'impanuka, Indwara zo mu mubiri, Ubutabazi bw'ibanze
Ese uruyuki, Ivubi, IKivumvuri cyangwa utundi dusimba dushobora kukuruma ugapfa? Ni gute wabyitwaramo igihe warumwe n'agasimba?
IBIBAZO BITERWA NO KURUMWA N'UDUSIMBA N'AHO TWAKURUMYEUdusimba twinshi two mu RWANDA tuguruka ntabwo turyana kandi n'uturumana iyo turumye
Indwara zatewe n'impanuka, Ubutabazi bw'ibanze
MENYA UKO WAKWIKORERA UBUTABAZI BW'IBANZE IGIHE UGIZE IBISEBE
UKO WAKWIKORERA UBUTABAZI BW'IBANZE IGIHE UGIZE IBISEBEIbisebe byoroheje bishobora kuvurirwa mu rugo. Ibimenyetso • Ibisebe bishobora guterwa no
Indwara zo mu mubiri, Ubutabazi bw'ibanze
Indwara ya tetanos( Agakwega)
TETANOSI(AGAKWEGA) Tetanosi ni iki?Tetanosi (Agakwega) ni imwe mu ndwara z’urwungano rw’imyakura(nervous system) y’igikatu kandi yica,ikaba iterwa n’ubumara mu
Subscribe to:
Posts (Atom)