02 February, 2015

Filled Under:

Dore icyakubwira ko uzarwara amashamba, Indwara ituma umuntu abyimba munsi y'amatwi, dore uko wayirinda, uko wayivura , igihe biba ari ngombwa kureba muganga


AMASHAMPA(Mumps) (kubyimba mu nsina z'amatwi): Indwara y'amashamba ni indwara ifata munsi y'amatwi, ugasanga habyimbye. Abanyarwanda ugasanga barayifataga mu buryo butandukanye aho bamwe bisigaga imbyiro mu maso ngo bumva ko umuntu naza kubaseka indwara ibavaho ikimukira k'usetse. Ariko icyo twavuga, iyi ni indwara isanzwe nk'izindi zose kandi ishobora kuvurirwa kwa muganga.
Ibimenyetso by'iyi ndwara:

• Kugira ibikororwa n'ibirenda byinshi mu muhogo
• Kuribwa bikabije no kumva mu matama haremereye, cyane cyane iyo wunamye, kandi bijya bibaho rimwe na rimwe umuntu ntagire ibindi bimenyetso bigaragara
• Kugira uburibwe mu menyo yo hejuru cyangwa kumva amaso aremereye nabyo bishobora kuba ibimenyetso
N'ibicurane bisanzwe nabyo akenshi bituma umuntu ashobobora kubabara cyangwa umuntu akumva amatama yaremereye.
Ibimenyetso nk'ibyo bidakomeye ntabwo bivurwa n'umuti w'antibiyotike ahubwo uburyo busanzwe bwo kuvura ibicicurane uba buhagije. Ibimenyetso nk' ibyo bidakomeye bihita bikira mu
minsi mikeya.
Kwivura iyi ndwara:
• Umuti wo gushyira mu mazuru cyangwa imiti irwanya iyo ndwara irafasha.
• Koza mu mazuru ukoresheje akantu kabugenewe koza mu mazuru.
• Kunywa ibintu byinshi.
Imiti y'umuriro igabanya ububabare (parasetamolo, ibuporofene) irafasha
Itabaze ibitaro cyangwa ikigo nderabuzima cyawe, niba:
• Ububabare bukabije cyane.
Ukomeje kugira umuriro nyuma y'iminsi itanu.
• Wumva ugenda uremba.
• Utatabashije gukira n' ubwo wagerageje kwivura.
Amashamba avurwa kenshi mu cyumweru kimwe umuntu akimara gufatwa n'ibicurane. Iyo uburibwe bwo mu matama atari bwinshi kandi butaramara icyumweru ntabwo aba akeneye kuvurwa na muganga mukuru kandi akenshi ntabwo aba akeneye kuvurwa n'umuti w' antibiyotike.

0 Comments: