21 February, 2017

Filled Under: , ,

Dore ubundi buryo bwo kuvura indwara ya amibe no kuyirinda


Indwara y'amibe ni indwara y'inzoka ituruka ku mwanda w'amazi anyobwa cg akoreshwa ndetse n'ibiribwa bidasukuye. Ikaba iterwa n'udukoko duto twitwa "Entamoeba histolytica" twinjira mu mubiri iyo uriye cg unyoye ibyandujwe n'amagi yazo.
Iyo utwo dukoko tugeze mu mara dutangira kugenda tuyamunga gahoro gahoro.Amibe kandi zishobora kwangiza umwijima,umutima ndetse zikaba zagera no mu bwonko.

ESE IRANGWA N'IKI?

-Kubabara mu nda
-Kugira umuriro rimwe na rimwe
-Gushaka kujya ku musarane nyamara wajyayo bikanga
-Guhurwa ibiryo bimwe na bimwe
-Kwishimagura,.........

ESE IRAVURWA IGAKIRA?

Yego, iravurwa igakira burundu, ubundi ukita cyane ku isuku kuko ituruka ku mwanda.
Hari imiti y'umwimerere ikomoka ku buvuzi gakondo bw'abashinwa n'abanyamerika;ikoreshwa ku rwego mpuzamahanga ivura kandi igakiza amibe burundu.
Muri yo twavuga nka:
Garlic Oil capsule, Parashield plus capsule,iyi yica ndetse ikamenagura n'ibikonoshwa bya amibe,hakaba n'icyayi bita Intestine Cleansing tea cyoza mu mara kigakuramo amagi yazo ndetse n'indi myanda mu mara.
Twabibutsa ko nta ngaruka iyi miti igira kuko yizewe kandi ikaba ikoze mu bimera. Ikaba yarasuzumwe n'ikigo mpuzamahanga kita ku buziranenge bw'ibiribwa ndetse n'imiti (Food and drugs Administration FDA). Ubonye ibi tukugejejeho bitagufashije waza ku ivuriro ryacu tukagufasha biruseho dore ko dugusuzuma  twasanga urwaye tugahita tuguha Umuti ugukiza ukisubirira mu kazi.  Ubaye ushaka kumenya uburyo warinda umubiri wawe n'uburyo wafasha abandi bafite uburwayi butandukanye waza tukaguhugura ubundi tugafatanya kandi nawe ugira ako ushira ku mufuka. Dukorera Mu Mugi wa KIGALI kwa Rubangura. Hamagara 0722198296/0782796172/0733279892 cyangwa utwandikire kuri Whatsap kuri numero +250722198296  niba ushaka kwivuza, gufatanya natwe cyangwa kugura umuti.


0 Comments: