03 July, 2020

Filled Under: , , , , ,

MENYA UKO WAKWITA KU MENYO YAWE NTIYANGIRIKE

Tuvuge ibijyanye n'isuku y'amenyo
isuku y'amenyo

Abantu benshi usanga batazi uko boza amenyo yabo, nababikora usanga batayoza neza uko bikwiye. Ubushakashatsi bugaragaza ko kutoza amenyo neza aribyo byangiza amenyo n'ishinya kuruta kutayoza namba. 

Abenshi ntitwoza amenyo ngo tumare igihe gikwiriye, abenshi ntidukoresha akagozi kagenewe gukura imyanda hagati y'amenyo kandi nanone abenshi ntitugira umuco kureba muganga w'amenyo ngo tumenye ubuzima bw'amenyo yacu.

Dore uko wakoresha uburoso bwawe; bufate nkuko ufata ikaramu ubundi usukure amenyo yawe mugihe cy'minota ibiri. 
Ni gute wasukura mu kanwa?
Oza amenyo yawe ukoresheje uburoso, woze hagati y'amenyo kandi ntiwibagirwe koza ururimi no mu gisenge cy'akanwa. Uburoso bwawe ntibufite kuba buteye mu buryo budasanzwe, gusa bugomba kuba bufite uturoso tworoshye kandi ukabuhindura buri kwezi. Watinda nturenze atatu.

2 Comments:

Sarah said...

To check out become in your blog nevertheless environment remedy obviously merely a small little submits. Reasonable way of possible long term, We're book-marking at a time safe types cease increases collectively. Eczema Treatment

Dynapharm said...

*IGITSINAGORE TWITE KUBUZIMA BWACU.*
*(+250783887766)*
Ikibazo cy'ama infections Ku gitsinagore, ni ikibazo gihangayikishije ababyeyi n'abakobwa benshi, aho usanga bamwe barabuze urubyaro, abandi barabuze imihango cyangwa ikaza nabi, abazana ibintu by'umweru mu gitsina cyangwa impumuro mbi, hari nabo usanga nta bushake bagira cyangwa barabuze amavangingo mu gihe cy'imibonano.
Gusa ibi biravurwa bigakira iyo ukoresheje HERBAL MAHARANI, FATIMA na FEMININE WASH.
Inyungu zo gukoresha maharani, fatima na Feminine wash:
✅ Byongera amavangingo mu gihe cy'imibonano mpuzabitsina, ubushake n'ububobere.
✅Birinda kugira mu nda hanini (gutendera) bikanabikuraho burundu.
✅ Ikuraho infection urinaire cyangwa vaginale izo arizo zose kabone niyo waba warazivuje zaranze gukira.
✅ Ikuraho burundu kubabara mu gihe cy'imihango, kubabara umugongo, ndetse ituma imihango isubira kuri gahunda.
✅Ituma wisubiranya vuba umaze kubyara.
✅ Isubiza imihango kuri gahunda kandi igatuma ubona imihango niyo waba umaze imyaka utayibona cyangwa utarayibona na rimwe.
✅ ikuraho ingaruka zose ziterwa na onapo.
✅Ituma ugira uruhu rwiza.
9. abantu bazana imihango yavuze irabicagagura ikaza neza.
✅ Iringaniza imisemburo yose y'abadamu n'abakobwa ijyanye n'imyororokere.
✅ikuraho ingaruka zose zo gucura.
✅Ikura imyanda yose ndetse na infection mu myanya myibarukiro.
✅ Yongera ubushake mu kubonana n'umugabo.
✅ Ivura ibibyimba byo muri nyababyeyi bikagenda burundu batiriwe bakubaga.
✅ ivura kubyimbagatana kwa hato na hato.
Dukorera mu mujyi wa Kigali hafi n'agakinjiro ka Nyarugenge.
Kubari mumahanga nabo tuyibagezaho neza cyane.
Ku bindi bisobanuro naho mwayikura mwahamagara cyangwa mukatwandikira kuri WhatsApp:
*+250 783887766.
Kora share kugirango n'abandi bafite ibi bibazo bagezweho imiti.
🔽 *BUJUMBURA ntitwabibagiwe kuko naho tuhagira branch*