Hari abantu bafata ubuki nk’ikintu kibonekamo uburyohe buhebuje nyamara hari ibindi ubuki bushobora kudufasha mu buzima bwacu bwa
29 August, 2016
Ibyo turya n'intungamubiri zibirimo
Avoka urubuto rwibitsemo intungamubiri nyinshi. Soma utumaro 10 avoka ifitiye umubiri wawe.
Avoka nk’ikiribwa gifitiye akamaro umubiri wacu bitewe no kuba ikungahaye ku mavitamine nka A, B, C na K,
05 August, 2016
Ibyo turya n'intungamubiri zibirimo
AKAMARO K'INKERI MU MUBIRI WAWE
Inkeri ni utubuto duto dutukura cyane, turyohera kandi duhumura neza twera ku gihingwa gifite indabo z’umweru. Inkeri ziba mu
Ibyo turya n'intungamubiri zibirimo
AKAMARO KA POME MU MUBIRI WAWE
Pome ni imwe mu mbuto zamamaye cyane kandi zizwiho kugira intungamubiri cyane, yaba ari ku bantu basanzwe cg abakora
Ibyo turya n'intungamubiri zibirimo
AKAMARO K'UBUNYOBWA MU MUBIRI WAWE
Ubunyobwa tugiye kuvuga hano ni ubwitwa arachides mu gifaransa, bukitwa peanuts mu cyongereza. Gusa hariho ibindi byitwa ubunyobwa nka
Ibyo turya n'intungamubiri zibirimo
SOBANUKIRWA AKAMARO K'INDIMU MU MUBIRI WAWE.
Indimu, urubuto rw’ingenzi ku buzima. Kenshi ujya ubona abantu banywa amazi arimo indimu kuko izwiho kuba ifasha ku bantu
Ibyo turya n'intungamubiri zibirimo
SOBANUKIRWA AKAMARO K'AMAGI MU MUBIRI WAWE
Amagi Amagi ari mu byo turya bitugezaho intungamubiri zinyuranye kandi nyinshi. Gusa anavugwaho byinshi binyuranye, nk’umubare utagomba kurenza mu
Ibyo turya n'intungamubiri zibirimo
AKAMARO KA SOYA MU MUBIRI WAWE
Soya Soya ibarirwa mu binyamisogwe ikaba ikiribwa gifite intungamubiri zinyuranye kandi nyinshi. Ku bantu badakunda cg badashobora kurya inyama,
Ibyo turya n'intungamubiri zibirimo
AKAMARO K'UMWEMBE MU MUBIRI WAWE
Umwembe Umwembe ni umwe mu mbuto zizwi cyane kandi zikundwa na benshi kubera impumuro n’uburyohe ufite, ukungahaye ku ntungamubiri
Subscribe to:
Posts (Atom)