Ifishi yo Gukurikirana Imyaka n’Ibiro by’Umwana: Iyi fishi ikoreshwa mu kuzuza amakuru arebana n’imikurire y’umwana uko igihe kigenda. Ayo
04 February, 2015
03 February, 2015
Indwara zifata urwungano rw'inkari, Indwara zo mu mubiri, Indwara zo mu myanya ndangabitsina
Dore ibiranga indwara ifata umuyoboro w'inkari, menya uko wafasha umuntu uyirwaye.
INDWARA YO KUBYIMBIRWA K'UMUYOBORO W'INKARI KU BANTU BAKURU Muri rusange indwara yo kubyimbirwa k'umuyoboro w'inkari ikunze gufata igitsina
Indwara z'uruhu, Indwara zo mu myanya ndangabitsina
Dore icyakubwira ko uzarwara indwara ya herpes, menya uko wafasha umuntu urwaye ibihara
INDWARA Y'IBIHARA Ibihara ni indwara yandura cyane iterwa n'agakoko ko mu bwoko bwa virus ya helpes (mu ndimi z'amahanga)
Indwara zo mu mubiri
Dore igitera Imbwa, Ibyo wakorera umuntu ufashe n'imbwa, n'abantu bakunze gufatwa n'imbwa
GUFATWA N'IMBWA Imbwa ni indwara ifata imikaya igatuma yikanyakanya umuntu atabishaka akenshi bikaba bibangamira uwo bibayeho. Iyi ndwara ikunda
Indwara z'urwungano rw'ibiryo, Indwara zo mu mubiri
Dore icyo wakorera umuntu urwaye Impiswi(Diarrhoea), Dore igihe wakenera kujya ku ivuriro igihe urwaye impiswi.
IMPISWI(Diarrhee) Impiswi ni indwara igaragazwa kenshi no kwituma mu buryo budasanzwe aho umurwayi yituma umusarani urekuye cyane(w'amazi). Kandi
Indwara zo mu mubiri
Bigenda gute kugirango umuntu agire iseseme maze aruke? Ni gute nafasha umuntu uri kuruka? Ni ryari kuruka biba biteje ikibazo?
KUGIRA ISESEME NO KURUKA Kugira isesemi no kuruka ni uburwayi busanzwe, bukaba burwarwa na buri wese rimwe na
Indwara z'uruhu
Indwara itangaje y'uduheri dufata munsi y'ikirenge no mu biganza, reba inama z'uko wayirinda. n'uko wafasha uyirwaye.
UDUHERI, reba no ku miswa yo ku birenge no kutubyimba duto. Uduheri ni indwara ikunda kuza ku ruhu
Indwara z'uruhu
Dore icyakubwira ko uzarwara indwara y'ubushita, dore uko wayivura n'igihe biba ngombwa kujya ku ivuriro.
UBUSHITA Ubushita buterwa n'agasimba kameze nk' igitagangurirwa kangana na 0,3mm-0,5mm z'uburebure kari mu bwoko bw'indondwe. Abantu bashobora kwanduzanya ubushita
Indwara zo mu myanya ndangabitsina
Dore uko wakwikorera ubutabazi bw'ibanze igihe urwaye indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina. reba igihe biba ari ngombwa kujya ku ivuriro.
INDWARA ZO MU MYANYA NDANGAGITSINA Ahanini indwara zo mu myanya ndangagitsina zandurira mu mibonano mpuzabitsina. Indwara zo mu myanya
Indwara z'uruhu
Dore Imiti ivura inda zo mu mutwe, ku bagira imisatsi imara igihe ku mitwe yabo. Soma n'uko wakwirinda iyi ndwara!
INDWARA ZO KU MUTWE (inda): Inda ni udusimba duto ushobora gusanga ku binyabuzima bimwe na bimwe bifite amaraso harimo
Indwara z'uruhu, Indwara zatewe n'impanuka
Indwara ziterwa n'ururondwe ushobora kuzirinda, kuzivura, reba igihe biba ari ngombwa kujya kwa muganga.
INDWARA ZITERWA N'URURONDWE: Indwara ziterwa n'ururondwe ni indwara zikunze kugaragara cyane ku isi akenshi ziba zatewe no kurumwa
02 February, 2015
Indwara zo mu mubiri
Dore icyakubwira ko uzarwara amashamba, Indwara ituma umuntu abyimba munsi y'amatwi, dore uko wayirinda, uko wayivura , igihe biba ari ngombwa kureba muganga
AMASHAMPA(Mumps) (kubyimba mu nsina z'amatwi): Indwara y'amashamba ni indwara ifata munsi y'amatwi, ugasanga habyimbye. Abanyarwanda ugasanga barayifataga mu
Subscribe to:
Posts (Atom)